Jump to Navigation

October 2011

Mu karere ka Ngoma abasoreshwa barashishikarizwa gutangira imisoro ku gihe

Abacuruzi bo mu karere na Ngoma,barashishikarizwa gutanga imisoro neza kandi ku gihe

Bruce MUSHUMBA

Photo: 
Poste: 
Journaliste

Regine GACINYA

Photo: 
Poste: 
Journaliste

Titien MBANGUKIRA

Photo: 
Poste: 
Journaliste
Chef editor

Gabby VUGANEZA

Photo: 
Poste: 
Caissière

Rosette UWIMANA

Photo: 
Poste: 
Journaliste

Guteza imyaka umunwa biracyakorwa n’ubwo bigira ingaruka mbi ku buzima bw’umuntu.

Gutera imyaka ukoresheje umunwa bishobora kugirira ingaruka mbi ku muhinzi igihe abukoresheje, cyane ko muri iyi myaka haba harimo imiti. Kuruhande rw’abaturage bo basanga uburyo bwo gutera imyaka hakoreshejwe umunwa bituma bihuta kandi ngo byera vuba.

Gahunda y‘inkongoro y’amata kuri buri mwana mu karere ka Ngoma

Gahunda yiswe inkongoro y’umwana yatangijwe mu karere ka Ngoma kuri uyu wa gatatu, mu mashuri abanza atanu ariyo Kibaya ,Kibara Matongo Kanazi, na Kigarama hahabwa abana bagera kuri 4230 amata y’inshushu agana n’igicye cya litiro inshuro ebyiri mu cyumweru. Iyi gahunda ngo izafasha abana kwiga neza batabangamwe n’ibibazo bikunzwe kwibasira abana by’imirire mibi.

Inteko y’abaturage b’Umurenge wa Kibungo

Buri wese ufite aho ahuriye n’ibibazo by’Abaturage yagobye kwihutira kubikemura hagamijwe gukemura no gukumira amakimbirane. “ NIYOTWAGIRA Francois”

Imboni n’inshuti za Radio Izuba zigeze ahashimishije mu kwikura mu bukene

Amatsinda agera kuri 25 y’inshuti za Radio Izuba ndetse n’imboni, bamaze kugera ku bikorwa bishimishije bakorera mu matsinda bagamije kwizamura ubwabo bibavuyemo.

Abaturage bo mu mujyi wa Nairobi no munkengero zawo bahangayikishijwe n’ibitero bya Al-shaabab

umwe mubakomerekejwe na grenade

Igisasu cyo mu bwoko bwa grenade cyaturikiye ahitwa Mandera ku mupaka wa Somalia na Kenya ni mu majyaruguru w’igihugu.

Imirindi yatsinzwe n’ikipe y’Akarere ka Ngoma ibitego 2 kuri 1

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29, Ukwakira, 2011 ku kibuga cy’ umupira w ‘amaguru cya Paroisse ya Kibungo habereye umukino wa gicuti hagati y’ ikipe y’ abakozi ba Radio Izuba (IMIRINDI) ubwo yatsindwaga n’ ikipe y’ Akarere ka Ngoma 2-1.

Itorero Abakumbuzamihigo basuye Radio Izuba kuwa 29/10/2011

Mu gicumbi cy’umuco cya Radio Izuba Itorero Abakumbuzamihigo rya Munyaga ni mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, mu gitaramo gitunguranye, mu bihangano binyuze ijisho n’amatwi bati "Radio izuba ni urumuri n’umucyo umurikira abanyarwanda abanyamahanga bagashika"

Martin MWISENEZA

Photo: 
Poste: 
Program manager

Vedaste UFITABE

Photo: 
Poste: 
ICT Officer
Webmaster


Main menu 2

by Dr. Radut.