Ni kuri uyu wa 20/01/2012 ubwo abaturage biganjemo ab'igitsina gore bagezaga ibibazo bahura nabyo kuri Gouverneur w’Intara y’i Burasirazuba ubwo yari yagendereye Akarere ka Kirehe.
Ibibazo bigaragara mu Rwanda mu butabera n’ibibazo byimitungo cyane cyane ibishingiye ku butaka . ibi bibazo bikaba biri ku cyigereranyo cyo hejuru cyane kurusha ibindi bibazo biboneka mu muryango nyarwanda.
Abana bagera ku 8 nibo bakiriwe mu karere ka Ngoma baturutse mu kigo ngorora muco cy’Iwawa aho bari bamaze igihe cy’umwaka umwe n’igice biga imyuga izabafasha mu kwikura mubuzima bubi bahozemo harimo kunywa ibiyobyabwenge, kwiba ndetse no guta imiryango yabo. Aba bana bakaba basaba bagenzi babo kuva mu mico mibi ahubwo bakayoboka icyabateza imbere.
This website has been produced with the assistance of the European Union. The contents of this publication can in no way be taken to reflect the views of the European Union.
Recent comments