Mu gihe cya mezi abiri gusa ishuri rikuru ry’Ubuhinzi , Uburezi n’Ikoranabuhanga rya Kibungo ( INATEK ) k'ubufatanye na open university of Tanzania harafungurwa amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza ( aribyo masters na PHD)
Umushinga wo kubaka urugomero rw”amashanyarazi k’umugezi w’akagera uzatanga MegaWatt 80 aho kuba MegaWatt 90 kuko basanze hari ibikorwa by’abaturage benshi bari kuzakurwa mubyabo n’ibikorwa by’uwo mushinga, ishirwa mubikorwa ry’uyu mushinga ngo bizaba ari igisubizo ku baturage bo mu Rwanda, Uburundi, ndetse na Tanzania.
Inama njyanama y’akarere ka Ngoma yemeye kwegura kwa Niyotwagira Francois uwahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Ngoma, ariko hari ibyo ivuga ko azakomeza gukurikiranwaho bijyanye n’amasambu.
This website has been produced with the assistance of the European Union. The contents of this publication can in no way be taken to reflect the views of the European Union.
Recent comments