Akarere ka ngoma kugeza ubu niko kagaragaramo umubare munini w’abarwayi b’igituntu. Akaba ari imwe mu mpamvu yatumye gahunda y’ubushakashatsi bugamije kumenya umubare w’abafite indwara y’igituntu, Ku rwego rw’igihugu yatangirijwe mu karere ka Ngoma.
Kubura amasoko ndetse nimikoranire mike n’amabanki ni bimwe mu bibazo abahinzi b’ibigori ndetse n’inanasi bo mu karere ka Kirehe na Ngoma bagaragarije Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Kanimba Francois mu ruzinduko yagiriye muri uturere kuri uyu wa gatatu
Mu rwego rwo gufasha abana n’urubyiruko bo muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo bahungiye mu nkambi ya Nkamira mu Rwanda, kugira icyizere n’ibyiringiro by’ubuzima, Hope Ethiopian Rwanda ifatanije n’ikigo cy’urubyiruko cya Vision Jeunesse Nouvelle cyo mu karere ka Rubavu,barimo kubaha ubutumwa bwo kubakomeza binyuze mu mikino.
Arusha mu Gihugu cya Tanzania kuri uyu wa 20/5/2012 hatangiye amasomo y'ikoranabuhanga ku mikoreshereze ya za Telephone ku ma Radio atandukanye yo mu bihugu bitandukanye byo muri Africa
Aba ni aba Technicians batandukanye aho barimo bigira hamwe ama programa akoreshwa muri za studio z'amaradio atandukanye yo ku isi, Radio Izuba yo mu Rwanda ikaba igiye kuzaba iya mbere mu gukoresha iri koranabuhanga
This website has been produced with the assistance of the European Union. The contents of this publication can in no way be taken to reflect the views of the European Union.
Recent comments